Follow
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatomboye Djibouti mu ijonjora rya mbere rya CHAN 2024.
Djibouti niyo izakira umukino ubanza uteganyijwe hagati ya tariki 25 na 27 Ukwakira 2024, mu gihe Amavubi azakira uwo kwishyura hagati ya tariki 1 na 3 Ugushyingo 2024.
Ikipe izakomeza izahura n’izava hagati ya Kenya na Sudani y’Epfo mu ijonjora rya kabiri, riteganyijwe mu mpera z’Ukuboza 2024.
Iri rushanwa, rizaba rigiye gukinwa ku nshuro ya munani, rizakirwa n’ibihugu bitatu aribyo; Kenya, Uganda na Tanzania guhera tariki 1 kugeza 28 Gashyantare 2025.
DR Congo na Morocco niyo makipe amaze kwegukana CHAN inshuro nyinshi, inshuro ebyiri.
Ishyirahamawe ry'umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje urutonde rw'agateganyo rw'abakandida bujuje ibisabwa mu ma...
Umuryango JOSCEEFA wateguye umwiherero uzafasha abana bifuza gukina umupira w'amaguru by'umwuga, gukabya izo nzozi, aho uzab...
Perezida wa AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwand...
Masudi Narcisse yasinye amasezerano y'imyaka ibiri muri Gorilla avuye mu Amagaju.
Uyu mukinnyi,...
Mukura Victory Sports yasinyishije rutahizamu w'umunya-Rwanda Mutsinzi Patrick amasezerano y'imyaka ibiri.